Our History(Amateka)

CEP-UR NYARUGENGE mu magambo ahinnye y’igifaransa ni; Communauté des Etudiants Pentecôtistes (ADEPR) de l’Université du Rwanda (wahoze witwa CEP KIST-KHI) Ni umuryango udaharanira inyungu, udateganyirizwa igihe uzamara uhuza abanyeshuri b’abapentekote biga muri kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyarugenge. Uyu muryango watangijwe 2004 na bamwe mubari abanyeshuri bab’ abapentecote bigaga muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge, ukaba waratangiye witwa CEP KIST-KHI, ariko nyuma waje guhindurwa ukitwa CEP-UR NYARUGENGE, Hashingiwe ku mpinduka zabaye mu mashuri makuru na kaminuza bya leta, amazina n’uburyo bw’imikorere bigahinduka. Icyicaro cy’umuryango kiri i Kigali, muri Kaminuza y’u Rwanda, Campus Nyarugenge kandi umuryango ukorana by’umwihariko n’Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda (ADEPR).

ICYEREKEZO CY’UMURYANGO (OUR VISION)

Kwerekana Yesu Kristo mu ruhando rw’abiga n’abize mu mashuri makuru na Kaminuza.

IMIGAMBI Y’UMURYANGO (OUR MISSION)

Kuvuga Ubutumwa, Gusenga no Gukora