NICYO GITUMA MPIRIMBANIRA KUGIRA UMUTIMA UTANDEGA IKIBI NGIRIRA IMANA CYANGWA ABANTU IMINSI YOSE
Elim Praise and Worship Team
batangiye bagira bati ”Genda wikubite imbere ya yesu vuga yuko wamubabaje arakwezesha amaraso ye yavuye ubonere rwose peee!! Banguka vuba witinda umukiza atarahaguruka kuntebe y’imbabazi agutegeye amaboko aragukiza kurimbuka! Nukuri yesu aradutegereje nimuze mwese tumusange adutabare irimbuka ahubwo aduheshe ubugingo buhoraho. Mutumbire yesu no mubutayu kuko turimo gusiganirwa kuri gakondo aho hera, aho hera niho nifuza ko twese twazagera tukaririmbana nabera indirimbo zo kunesha. Bakundwa turi abana b’imana kandi mwibuke ibyabaye kuba kera natwe bitugezeho.
Bamwe murabo banyamahirwe baciwe ibihanga abandi batekwa mumavuta abandi babarundaho amabuye ndetse gutabarwa kwabo kwari kubasatiriye cyane umukiza abari hafi!
Munsi yumusaraba w’umukiza niho nifuza rwose guhora mpagaze, nibuye ryigitare rimbera igicucu rinkiza impagarara murugendo rwange. Uwo musaraba we wabaye ihuriro ryukuri nurukundo kuruwo musaraba ndasa nushobora kureba yesu abambwe aringe apfiriye ndatangaye mukiza ntiwari ukwiriye kungirira iryo bambe nge waguhemuye ubu ntasoni mfite uretse izibyaha byange nzajya nirata gusa uwo musaraba. Umusaraba niwo byirato byanjye rwose.”
Nazir choir
binyuze mu ndirimbo yabo nziza bati “Umugaragu w’ukuri ntajya asinzira ahora ari maso, kugira ngo sebuja asange ari maso amukingurire amuhe ingororano, abo barahirwa yesu nasanga bari maso, Ndababwira ukuri yuko azakenyera akabaha ingororano zibakwiriye nk’abera.Bityo rero tube maso dusengeshe umwuka iteka nibwo tuzumva kristo ubwo azahagarara mubicu akaduhamagara mumazina yacu. Nuko rero duhore dukenyeye kandi amatabaza yacu ahore yaka cyane!
Yesu ajya yitsa imisozi kubwo gusenga. Uwo musozi urimbere yawe kubwo gusenga Imana nukuri uzika izo ntambara nyinshi zikugose zose wowe iringire uwiteka azazirangiza!
Imana inyibutsa ko ibyisi bitibagiza ibyijuru nibuke ko ari wowe mana wandemye iminsi yokubaho kwange nyigendemo niyorohoje kugeza ubwo nzashyikira icyo kristu yansezeranyije.”
Gospel Artist
mu mukino bakinnye bati:
“Ndi umukristo nubwo muri iyisi ndasana nibyaha ariko turi kumwe nzahora nesha kugeza aho azancyura ntafite ikizinga cyangwa umunkanyari.
(indirimbo 108 gushimisha Imana)
Yooooh njye ndi umukiristo maze nintumirwa ngiye gupfa nzagira ibyishimo bitavugwa! Burya gakondo yacu ni mwijuru!
Nubwo twarenganywa, twatotezwa nabisi ndetse n’isi ariko yesu numwami wacu ubwo yabiciyemo natwe azaduha imbaraga zo kubicamo kandi nyuma yabyo, nyuma yintambara, na nyuma yurupfu tuzabana nawe ubudatandukana tumurebe tubone ninkovu ze zo mubiganza. Mbega umunezero tuzagira. Yesu uko byagenda kose tuzapfa tukimwiringiye nta byanone ntanibizaza bikwiriye kudutandukanya na Kristo!
Ijambo ry’Imana
Umwigisha: MBARUBUKEYE Innocent (post cepien)
Imigani 4:23 (rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa kuko ariho iby’ubugingo bikomoka)
Intego yijambo: kurinda iby’ubugingo
gukizwa cyangwa kurinda umutima bitangira mu mutima ubwawo, Wo wiha intego ugafata ingamba Ndetse ugahitamo gukora ibikwiye kandi biboneye!!
Ibyiciro 4 byimitima y’abantu:
- Imitima mizima
- Imitima yapfuye
- Imitima irwaye
- Imitima yaciriweho iteka
Ibyakozwe n’intumwa 24:16 intego yijambo (guhirimbanira kugira umutimba utandega ikibi)
(Nicyo gituma mpirimbanira kugira umutima utandega ikibi ngirira imana cyangwa abantu iminsi yose)
Iyo ufite umutima utagira icyo ukurega wumva icyo wasaba Imana cyose yakiguha kuko ntamutima ukurega ikibi ufite!!
Adam Imana yamuhaye ubusitani bwose ariko imubuza kurya kugiti cyubugingo. Nuko satani ashuka Eva ajya gusoroma kuri icyo giti nuko barya izo mbuto zo kuri cya giti bakimara kukiryaho babona bambaye ubusa kuko imitima yabo yari iri kubarega ikibi bagiye kwihisha.
Ninako byagendekeye dawidi nubwo yari umunyabigwi byinshi yarakoze ibyananiye abandi. Hanyuma amaze gukora icyaha arungurutse muka uliya umutima waramureze ashakisha uburyo yazimangatanya ibimenyetso amugurira inzoga aranywa arasinda amuha uburenganzira bwo gutaha kugira ngo ibyo yakoranye na muka Uliya byitirirwe Uliya. Uliya ntiyaraye murugo abibonye gutyo aramwicisha. Ariko kuko Imana yacu ijisho ryayo rireba. Imana ituma natani kuri dawidi iti hariho umukene wari ufite agatama kamwe nuko umukire wari ufite ishyo atwara agatama kumukene. Dawidi ati uwo mukire niyicwe. Natani ati niwowe dawidi abibonye atyo asaba imbabazi.
Abantu bafite imitima mizima: aba nabantu bihamiriza ko ntakintu bishinja kandi n’ijuru rikabahamiriza kuko ntacyo imitima ibashinja.
2Timoteo 4:6-8 (kuko ngewe maze kumera nkibisukwa kugicaniro,igihe cyo kugenda kwanjye gisohoye, narwanye intambara nziza,narangije urugendo narinze ibyo kwizera,ibisigaye mbikiwe ikamba ryo gukiranuka iryo umwami wacu, umucamanza utabera azampa kuri urya munsi nyamara sijye jyenyine ahubwo ni abakunze kuzaboneka kwe bose)
Benedata birashoboka kwirinda ndetse tukanarinda ibyubu bugingo, gukomera mubyagakiza birashoboka, kuko no kubwa Eliya ubwo yibwiraga ko ariwe muhanuzi usigaye wenyine Imana yamubwiye ko yisigarije ibihumbi birindwi bitapfukamiye bayari.
Umuntu ufite umutima wapfuye: ni umuntu ijambo ryimana ritagira icyo rikoraho ntiyaryizera.
1Timoteyo1:18-20 (Mwana wanjye timoteyo ndakwihanangiriza nkurikije ubuhanuzi bwa kera bwahanuye ibyawe kugirango buduheshe kurwana intambara nziza, ukomeje kwizera kandi ufite umutima uticira urubanza, uwo mutima bamwe barawuretse bahinduka nkinkuge imenetse kubyo kwizera, murabo ni Humenayo na alekizanderi, abo nahaye Satani kugirango babyigireho kudatuka Imana)
Abaciriweho iteka
yuda1:4 (kuko hariho bamwe baseseye murimwe rwihishwa bagenewe kera gucirwaho iteka ni abantu batuha imana, bahindura ubuntu bw’imana yacu isoni nke bakihikana yesu kristo ari we wenyine databuja numwami wacu)
Uwo muntu aba yaraciriweho iteka. Kuko baba bazi ukuri ariko ntibaba bashaka kukwemera.
Icyo twakora kugira ngo turinde iby’ubugingo
-Guharanira kutanduzwa niby’isi (kumenya ko turi abashyitsi muri iyisi)
-kwizera ko tugomba kubeshwaho n’mana
-kumenya agaciro n’uburemere bw’agakiza twakiriye
-kumenya ko utanduzwa nibyisi Imana igenda imugiraho imishinga myinshi
-kwirinda ahantu humwijima (ahantu handuye haba abantu banduye batizera)
Bityo rero twirinde ikintu cyose cyakwanduza ubugingo nibwo tuzagira imitima itaturega
Gilgal
ibyaremwe byose byaremwe n’imana byuzuye muri iyi si. Ibyaremwe byose bimuhe icyubahiro kuko niwe uvuga yategeka bigakomera. Uko ijuru ryitaruye isi niko imbabazi ze zingana arenganura abarengana bakaba mumahoro.
Yaturemeye muri Kristo mumirimo myiza ngo tuyigenderemo. None ubu turishimye turanezerewe kuko twabaye abaragwa b’ijuru.
Nazir: Ubwo abera bazaba barangije urugendo Yesu azahamagara amazina yabo. Ijuru ryose rizatuza Yesu avuge ijambo ryakira umugeni we mubahe ku mbuto zavuye mu mirimo yabo muyibashimire kuko Yaje ibaherekeje. Tuzinjizwa mu gitaramo Imana yaduteguriye kuva kera dusangire vino n’umwami uwacu.
Портал, посвященный бездепозитным бонусам, предлагает ознакомиться с надежными, проверенными заведениями, которые играют на честных условиях и предлагают гемблеру большой выбор привилегий. Перед вами только те заведения, которые предлагают бездепы всем новичкам, а также за выполненные действия, на большой праздник. На сайте https://casinofrispini.space/ (реальные деньги за регистрацию в казино ) ознакомьтесь с полным списком онлайн-заведений, которые заслуживают вашего внимания. Все перечисленные на сайте виртуальные заведения применяют подобное вознаграждение для того, чтобы привлечь новых потенциальных клиентов. Но необходимо помнить о том, что все бонусы нужно отыгрывать. Каждый организатор оставляет за собой право обозначить условия. Обязательным условием является регистрация, а также верификация. К преимуществам бездепозитных бонусов относят: - нет необходимости пополнять баланс, чтобы их получить; - возможность играть без риска для собственного бюджета; - может получить как новичок, так и профессионал на большой праздник; - возможность использовать на любом автомате. Бездеп выдают сразу же после того, как ваши личные данные пройдут проверку. Он зачисляется моментально и отобразится в личном кабинете. В некоторых случаях для активации потребуют ввести определенный промокод. Но, как правило, предложением можно воспользоваться и без применения дополнительных кодов. Бездепы представляют собой реальные деньги либо фриспины. Вращения необходимо отыграть на аппарате, отработать на вейджере. Онлайн-казино само определяет то, какое количество фриспинов вы сможете получить. Деньги отыгрываются сразу же после того, как вы их получили. Если вы только начинаете познавать удивительный мир азартных развлечений, то выбирайте только надежные, проверенные заведения, которые собраны на этом сайте. Администрация регулярно мониторит новые заведения, чтобы предложить то, что вас обязательно устроит.